in

“Yari yambaye ubusa buri buri usibye indabo z’umutuku yari yakinze ku mabere ye” Linda ukina muri Filime Umuturanyi yashyize hanze ifoto yambaye ubusa(ifoto)

“Yari yambaye ubusa buri buri usibye indabo z’umutuku yari yakinze ku mabere ye” Linda ukina muri Filime Umuturanyi yashyize hanze ifoto yambaye ubusa(ifoto)

Umukobwa umenyerewe mu ma filime menshi byumwihariko iyitwa umuturanyi yongeye gutuma abakoresha imbuga nkor bahaguruka nyuma y’ifoto yashyize hanze ubwo yiyifurizaga umunsi mwiza w’amavuko.

Urebeye kuri iyi foto bigaragaza ko nta kandi kenda yari yambaye usibye indabo zonyine yari yakinze mu gatuza, umuntu yitwa ko yambaye ubusa mu gihe nta mwenda n’umwe bigaragara ko yambaye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ariko ubuntu bw’Imana ni bwo bwatumye mba uko ndi, kandi ubuntu bwayo nahawe ntibwabaye ubw’ubusa” Umukinnyi mushya wa APR FC yatunguye abantu ubwo yagaragazaga amarangamutima ye yifashishije ijambo ry’Imana ryo muri Bibiliya yera

Abuguza ari no kwitamo icyo kunywa! Umuherwekazi Aliah Cool yerekanye umukino azi gukina ariko awukina yiteretse akantu ko kunywa kubera imibare myinshi usaba kugira ngo utsinde (AMAFOTO)