in

Yari yabyambariye! Soleil wo muri Bamenya yasoje amasomo ye yambaye ikanzu igaragaza ikibero cye ndetse n’ubwiza bubereye ijisho (AMAFOTO)

Uwase Delphine wamamaye nka Soleil muri filime y’uruhererekane ya Bamenya, asoza amasomo, yari yambaye ikanzu igaragaza imiterere ye ibereye ijisho.

Soleil yamenyekanye cya muri filime ya Bamenya aho akinamo ari umugore wa Kanimba, gusa mu buzima busanzwe ntabwo arashaka umugabo.

Uwase Delphine yasoje kaminuza ikiciro cya Bachelor’s degree in Commerce (Bachelor of commerce) ‘impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza mu bucuruzi’.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Ntago nsubiramo” umugabo yagiye gusezerana mu murenge asoma nabi bamubwiye ko asubiramo aratsemba ariko bitewe n’uburyo yabisubijemo bikomeje gutangaza benshi – Videwo

Nawe impeshyi ntiyari kumusiga wenyine! Umunyamakuru uri mu bakunzwe ari gusaba no gukwa umukunzi we Liliane -Amashusho