in

Yari arinzwe bikomeye cyane! Umupfumu Salongo wasezeranye imbere y’Imana yakoze ubukwe bw’amateka kandi buhenze cyane – AMAFOTO 

Kuri munsi wo kuwa Gatandatu tariki 11 Ugushyingo 2023, umuvuzi gakondo Rurangirwa Wilson wamenyekanye nka Salongo yasezeranye n’umugore we imbere y’Imana y’i Rwanda.

Ubukwe bwabo byari bwihagazeho kuko yashatse abacuranzi bagenda bamucurangira aho anyuze hose mu muhanda kandi akagenda mu modoka zihenze kandi nyinshi.

Aho yanyuraga yabaga arinzwe n’abasore babitorejwe, bagenda bamucungiye umutekano.

Salongo n’umugore we basezeranye nyuma y’imyaka myinshi bari bamaranye babana ariko batarasezeranye.

Salongo mu buvuzi bwe akoresha imbaraga zidasanzwe zimubashisha gutanga imiti itandukanye irimo n’ifasha mu gufata abajura no kugaruza ibyibwe bityo rero bamwe bakamwita umupfumu, umuvuzi ndetse n’andi mazina menshi.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Isimbi Noelline yatanze inota rye ku muntu urenze hagati ya The Ben na Pamella anagaragaza ko uwo afana ariwe urenze – videwo

“Muzarenze imyaka 1000 mugikundana”: Killa Man yabwiwe amagambo asize ibirungo ubwo yerekanaga uwamutwaye uruhu n’uruhande -IFOTO