in

Yari agaragiwe nk’umwamikazi! Cecile Kayirebwa yakoze igitaramo ariza abantu benshi bitewe n’indirimbo nyinshi yaririmbye abantu bari baziko banyirazo batakiriho kandi ari ize ariko batabizi – Amashusho

Yari agaragiwe nk’umwamikazi! Cecile Kayirebwa yakoze igitaramo ariza abantu benshi bitewe n’indirimbo nyinshi yaririmbye abantu bari baziko banyirazo batakiriho kandi ari ize ariko batabizi. 

 

Nyuma yo gutaramira abantu ,  Cecile Kayirebwa akomeje kuvugisha abakoresha imbuga nkoranyambaga ndetse abantu benshi bakurikiranye igitaramo yataramyemo amarangamutima yabo bakomeje kuyagaragariza ku mbuga nkoranyambaga.

Cecile Kayirebwa yagiye aririmba indirimbo nyinshi abantu bakunda cyane ariko batari baziko ari ize ndetse benshi bari baziko banyirazo bapfuye, ibyo byatumye benshi bafatwa n’amarangamutima.

Uwo bita DC Clement yavuze ko iki aricyo gitaramo cyambere arebye akarira.

Naho uwo bita Applonation we ngo nibwo yumvise ko umuziki uryoha.

Reba ama videwo..

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje! Umurwayi yagiye kwisuzumisha maze muganga asanga isazi nzima mu mara ye

Chriss Eazy, Bruce Melodie na Elements Eleeh bagiye gushyira hanze indirimbo nshya yabo bombi igiye gutitiza imbuga nkoranyambaga – VIDEWO