in

Yarapfuye ariko yasigaye mu mitima ya benshi: Dj Miller umaze igihe yitabye Imana ubu ari gutegurirwa isabukuru n’inshuti n’imiryango

Karuranga Virgil wamenyekanye mu buhanzi nka Dj Miller kuri ubu hashize igihe kingana n’imyaka ibiri yitabye Imana ubu umuryango we n’inshuti Bai gutegura isabukuru ye y’imyaka 31.

Dj Miller witabye Imana kuwa 5,Mata,2020 aguye mu bitaro azize indwa yo guturika udutsi tw’ubwonko izwi nka (strock) ubu inshuti n’imiryango bakomeje gutegura umunsi we w’isabukuru.

Uyu muhanzi wavutse kuwa 3 ukuboza 1991 nkibisanzwe ntagihindutse mu mpera z’uku kwezi hagomba kwizihiza 31 yarikuba yujuje iyaba akiriho.

Umugore n’abana uyu muhanzi yasize ubu bakomerewe no kubura uwo bakundana ubu bariyakiriye kandi barakomeye ubu umufasha we n’abana yasize bameze neza.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rusizi:Abarozi ni abagome umugore yatererejwe inkuba imukubita imutoranyije mu bantu 7

Umuhanzi Kenny sol ari shimira urwe agezeho aho asigaye afatirwaho urugero.