in

Umuhanzi Kenny sol ari shimira urwe agezeho aho asigaye afatirwaho urugero.

Umuhanzi wo muri Tanzania uri mu bakomeye muri Africa y’iburasirazuba Haramonize yashyize hanze amashusho y’indirimbo ye nshya yise “Leave you Alone” yafatanyije na Abigail Chams igaragaramo amashusho ameze neza nkayo mu ndirimbo “Terimometa” ya Dj Phil Peter na Kenny Sol.

Ni amashusho agaragaza Harmonize aririmba acuramye afashwe amaguru n’abasore babiri, nkuko byagenze kuri Kenny Sol mu ndirimbo “Terimometa” ya Dj Phil Peter.

Ibi bikomeje kuvugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga, ni mugihe @iamgad._ wakoze amashusho y’indirimbo ‘Terimometa’ wakuweho igitekerezo na Kenny wakoze iyi ndirimbo ya Harmonize asanga ari iby’agaciro gakomeye kuba abo afata nka bakuru be basigaye bamwigiraho.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yarapfuye ariko yasigaye mu mitima ya benshi: Dj Miller umaze igihe yitabye Imana ubu ari gutegurirwa isabukuru n’inshuti n’imiryango

Imikino yibirarane itegereje As Kigali muri shampiyona yu Rwanda harimo nuwa Apr FC