in ,

Yanze kubura byose nk’ingata imennye: Umukinnyi wafashije APR FC gutwara igikombe cya shampiyona nyuma akagirwa zeru n’umutoza Thierry Froger yagaragaye yifunze gihanzi wagira ngo agiye kuyoboka inzira y’umuziki -AMAFOTO

Yanze kubura byose nk’ingata imennye: Umukinnyi wafashije APR FC gutwara igikombe cya shampiyona nyuma akagirwa zeru n’umutoza Thierry Froger yagaragaye yifunze gihanzi wagira ngo agiye kuyoboka inzira y’umuziki.

Umunyezamu w’umuhanga cyane ukuri muto mu myaka Ishimwe Pierre Mario benshi bakunze kwita Tiger nyuma y’uko bikomeje kugaragara ko umutoza mushya wa APR FC atariguha agaciro uyu musore wafashije cyane ikipe y’Ingabo z’Igihugu kwegukana igikombe cya shampiyona yagaragaye yifunze gihanzi.

Ishimwe Pierre yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto meza cyane agaragaza uko abayambaye iyo atari mu kibuga.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Abaturage badafite ubushobozi bararira ayo kwarika nyuma yo gusabwa kwimuka kugira ngo birinde imvura y’umuhindo

Imana imukoreye ibitangaza: Umuhanzi Chris Eazy ntazaba akibarizwa ku mugabane w’Afurika mu kwezi kwa 12