in ,

“Yanze gutega indege asaba ko ayo yari gutegesha bayaha abana yareraga” Ubuhamya bw’ukuntu Pastor Theogene Niyonshuti yasabwe kujya i Cyangugu ateze indege akabyanga kugira abana yareraga babone imibereho myiza

Ubuhamya bw’ukuntu Pastor Theogene Niyonshuti yasabwe kujya i Cyangugu ateze indege akabyanga kugira abana yareraga babone imibereho myiza.

Ubwo bari mu ijoro ryo kwibuka ubuzima bwa Pasiteri Theogene Niyonshuti “Inzahuke” havugiwemo byinshi.

Ibyakoze ku bantu ni ukuntu yanze gutega indege ajya i Cyangugu ni uko agasaba ko amafaranga yari gutegesha indege bayaha abana yareraga kugira ngo babone iby’ibanze mu buzima.

Ubu ni ubuhamya bwagaragaje ukuntu uyu muvugabutumwa witabye Imana yari afite umutima ufasha.

Ubwo yari agiyeyo mu ivugabutumwa yasabwe ko yategerwa indege kugira ngo agereyo nta munaniro ariko we yarabyanze avuga ko aya bari kumutegeramo indege bazayamuha akayaguramo ibiryo by’abana.

Theogene yagiye n’imodoka ye muri Uganda aho yagezeyo amahoro ni uko ari gutaha aza mu Rwanda ni bwo we n’abo bari kumwe bakoze impanuka ikomeye cyane ndetse banapfiramo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Uziko Mama Kevine atameze gutya” Amajwi y’umu pastor yafashwe yagiye kwiha akabyizi n’umu kirisitu we akomeje kuba kimomo

Isi Igeze habi! Umusore yunamye amanura ipantaro umukobwa yandika izina rye ku kibuno kubera impamvu buri wese atashyigikira