imikino
Yannick Mukunzi yagaragaye asoma umukunzi we mu buryo budasanzwe (ifoto)

Yannick Mukunzi umukinnyi ukina mu ikipe ya APR FC Â amaze igihe mu rukundo n’ umukobwa witwa Iribagiza Joy,urukundo rwa Joy na Yannick ntabwo rujya rusubira inyuma ahubwo ruhora rutoshye kuko benerwo baba barwuhiriye bigashyira kera.
Kuri ubu Yannick we ubwe yishyiriye hanze ifoto imugaragaza asoma Joy ku ijosi ,ubusanzwe ngo gusoma umukunzi wawe ku ijosi  ni ikimenyetso cy’uko uba umwifuza,kuri Yannick we birenze kwifuza Joy kuko yongereyeho ati”turi Ku ndiba y’urukundo ,urukundo rwawe rugenga ubwenge bwanjye ”
Comments
0 comments
-
urukundo18 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima18 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda11 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze7 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga11 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho17 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda6 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda6 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana