in

Yannick Mukunzi na Iribagiza Joy ibyabo bihora ari bishya

Umukinnyi ukina hagati mu kibuga w’ikipe y’igihugu yu Rwanda Amavubi Yannick Mukunzi nyuma y’aho agize isabukuru umudamu we Iribagiza Joy akamubwira amagambo meza aryoheye amatwi.

Uyu musore nawe yafashe umwanya ashimira umukunzi we kubera ukuntu amuzirikana ikindi kandi ngo akaba yaramubyariye amubwiye ko ariwe umutera imbaraga.

Uyu Yannick Mukunzi ni umukinnyi ukina hagati mu kibuga yanyuze mu makipe akomeye hano mu Rwanda nka APR FC na Rayon Sports.

Ubu ari gukinira mu gihugu cya Sweden mu ikipe yaho yitwa Sandvikens IF yayisinyiye amasezerana azamara imyaka 2.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byakomeye:Miss Teta mu magambo akomeye ngo uramuhishira akakumaraho urubyaro

Uruhinja rw’ibyumweru bibiri rwatoraguwe n’umusaza w’imyaka 61 aho nyina yarutaye