in

Yannick Mukunzi na Byiringiro Lague barabura umukino umwe gusa ubundi bakandikwa mu bitabo by’amateka mu ikipe yabo i Burayi

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 11 Ugushyingo 2023 Byiringiro Lague na Yannick Mukunzi  barakina umukino wa nyuma wa Shampiyona y’icyiciro cya Gatatu muri Sweden.

Ikipe yabo Sandviken IF iri ku mwanya wa mbere. Irasabwa kunganya igatwara igikombe igahita inazamuka mu cyiciro cya kabiri.

Ikurikiwe na United Nordic irushwa amanota 3 n’ibitego 22. Ikipe izaba iya kabiri izanyura mu mikino ya PlayOffs ishaka itike yo kuzamuka.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Apôtre Yongwe wakatiwe iminsi 30 y’agateganyo, ntashaka guhama i Mageragere agororwa

“Mudahagaritse kutubabaza turaba aba lesbian” Umuhanzikazi ukunzwe cyane hano mu Rwanda no mu Burundi yatangaje ko agiye kuba umu lesbian