in

Yamwishe bamaze gukora iby’abakuru! Umugabo wo muri Ruhango yakatiwe urumukwiye nyuma yo kwica umugore we wari utwite bari bamaze no kwishimishanya

Umugabo wo muri Ruhango yakatiwe urumukwiye nyuma yo kwica umugore we wari utwite bari bamaze no kwishimishanya.

Urukiko Rwisumbuye rwa Muhanga, rwakatiye igifungo cya Burundu Rusumbabahizi Ezechias.

Uyu mugabo yahawe iki gihano yuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica abantu babiri, dore ko yiyemereye ko yishe umugore we wari unatwite inda y’amezi atanu.

Ezechias yishe umugore we mu kwezi kwa Gatatu ku uyu mwaka wa 2023 aho yamwishe amunigishije inzitaramubu nyuma y’uko bari bamaze no gutera akabariro.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Byari agahinda n’amarira menshi! Umuhango wo gusezera bwa nyuma Umurinzi w’Igihango Gisimba Mutezintare Damas witabiriwe na benshi harimo abo yarokoye – AMAFOTO

Itangazo rigenewe abakoresha imihanda ya kigali bose yaba abanyamaguru cyangwa abatwara ibinyabiziga