in

Yamuhobeye yanga kumurekura! Umuhanzi Kenny Sol akigera ku kibuga k’indege yakiriwe n’umukunzi we – Amashusho

Yamuhobeye yanga kumurekura! Umuhanzi Kenny Sol akigera ku kibuga k’indege yakiriwe n’umukunzi we. 

 

Umuhanzi Kenny Sol wari umaze iminsi muri Canada aho yari yaragiye gutaramira Abanyarwanda mu gitaramo  cya Youth Convention, yagarutse mu Rwanda.

Uyu muhanzi ubwo yageraga ku kibuga k’indege yakiriwe n’umukunzi we, aramuhobera cyane yanga kumurekura.

Ubwo Abanyamakuru bamubazaga iby’uwo mukobwa yasuhuje bitandukanye nuko yasuhuje abandi, yavuze ko ari umukunzi.  Reba Videwo.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nk’uko yabisezeranyije abanyarwanda yatangiye kumena imiceri: Umukinnyi w’Amavubi uherutse kureka umupira yavuze umwanda uba muri ruhago y’u Rwanda watumye ahagarika kuwivurugutamo

Yabujijwe kujya gukinira ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa: Usengimana Danny yavuze amabi aba mu mupira w’amaguru mu Rwanda ashinja ikipe ikomeye mu Rwanda ibintu byatunguye benshi (Ukuri yashyize hanze)