in

Yamuhaye amadorari gusa! Umujejetafaranga wari witabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen-Z Comedy Show yahaye amadorari atagira ingano umunyarwenya Fally Merci ataha amwenyura – AMASHUSHO

Umugabo w’umukire wari witabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen-Z Comedy Show, yahaye amadorari umunyarwenya Fally Merci usanzwe utegure iki gitaramo.

Ni igitaramo cyabaye kuri uyu wa Kane tariki 30 Ugushyingo 2023 muri Camp Kigali, ubwo Mc Nario yari ari ku rubyiniro, yahamagaye uyu mugabo w’umukire maze aza aho nawe ku rubyiniro.

Bamuhaye umwanya, uyu mukire yavuze ko ashaka gufasha Merci kugira ngo ajye ategura iki gitaramo afite ibikenerwa byose.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakobwa bose bo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye bicajwe hasi hari guhigwa uwataye uruhinja rwaburaga ukwezi kumwe ngo ruvuke

Abagore bazarikora! Umugabo yatemye mugezi we bapfa umugore