in

Abakobwa bose bo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye bicajwe hasi hari guhigwa uwataye uruhinja rwaburaga ukwezi kumwe ngo ruvuke

Abakobwa bose bo muri Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye bicajwe hasi hari guhigwa uwataye uruhinja.

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu nibwo muri Kaminuza y’u Rwanda hatowe uruhinja rwaburaga ukwezi kumwe ngo ruvuke.

RIB yahise itangira iperereza aho yahereye ku bakobwa biga muri Kaminuza hashakwamo uwaba wakoze ayo mabi.

Iperereza riracyakomeje kugira ngo uwabikoze abihanirwe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Si uko gukina binaniye”! Iradukunda Bertrand avuze impamvu itandukanye n’iyo benshi bakekaga itumye amanika inkweto -IFOTO

Yamuhaye amadorari gusa! Umujejetafaranga wari witabiriye igitaramo cy’urwenya cya Gen-Z Comedy Show yahaye amadorari atagira ingano umunyarwenya Fally Merci ataha amwenyura – AMASHUSHO