in

Yamenyekanye: Hamenyekanye impamvu ikomeye cyane yatumye umwana w’Umunyarwanda ataba kapiteni w’ikipe ya APR FC kandi yarabikwiriye

Niko kuri: Hamenyekanye impamvu ikomeye cyane yatumye umwana w’Umunyarwanda ataba kapiteni w’ikipe ya APR FC kandi yarabikwiriye.

Umutoza mushya wa APR FC Thierry Froger w’imyaka 60 y’amavuko yemeje ko kapiteni mushya w’ikipe y’Ingabo z’Igihugu ari Umugande ukina hagati mu kibuga witwa Thaddeo Lwanga.

Impamvu nyamukuru uyu mutoza yagize kapiteni uyu musore w’Umugande Thaddeo Lwanga ngo nuko babanye mu ikipe ya Arta Solar yo muri Djibouti.

Ubusanzwe Umunyarwanda wahabwaga amahirwe yo kuba kapiteni w’ikipe ya APR FC ni Ombolenga Fitina uyimazemo imyaka myinshi gusa umutoza w’Umufaransa Thierry Froger ntabwo yamugiriye icyizere cyo kwambara iki gitambaro cyambarwa n’umugabo.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nta rwitwazo ngo ntabyo wari uzi! Dore uko gahunda yose yo guherekeza bwa nyuma Producer Junior Multisystem, ipanze

‘Na Shaddy Boo nibyo ashaka ko azakorerwa nibaza kumusaba iwabo’ Hari umuco ukomeje gutangaza abatari bake nyuma y’uko abantu bagiye gusaba umugeni bagendesha amavi nk’impinja (gukambakamba) kugira ngo bahabwe ikaze mu nzu y’iwabo w’umukobwa bagiye gusaba (VIDEWO)