in

‘Na Shaddy Boo nibyo ashaka ko azakorerwa nibaza kumusaba iwabo’ Hari umuco ukomeje gutangaza abatari bake nyuma y’uko abantu bagiye gusaba umugeni bagendesha amavi nk’impinja (gukambakamba) kugira ngo bahabwe ikaze mu nzu y’iwabo w’umukobwa bagiye gusaba (VIDEWO)

‘Na Shaddy Boo nibyo ashaka ko azakorerwa nibaza kumusaba iwabo’ Hari umuco ukomeje gutangaza abatari bake nyuma y’uko abantu bagiye gusaba umugeni bagendesha amavi nk’impinja (gukambakamba) kugira ngo bahabwe ikaze mu nzu y’iwabo w’umukobwa.

Mu mashusho Shaddy Boo yavuzeho ko na we ashaka ko umuntu uzaze kumusaba azabikora, yerekanye bumwe mu bwoko bwo mu gihugu cya Uganda, aho abaje gusaba umugeni basabwa gukambakamba kugira ngo binjire mu rugo rw’iwabo w’umukobwa.

Ubu bwoko bwitwa Acholi bukaba buherereye mu majyaruguru ya Uganda.

VIDEWO

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yamenyekanye: Hamenyekanye impamvu ikomeye cyane yatumye umwana w’Umunyarwanda ataba kapiteni w’ikipe ya APR FC kandi yarabikwiriye

Byarangiye: Sadio Mané ntazongera guhanganira mu kibuga na Cristiano Ronaldo -AMAFOTO