in

Aliah Cool wo muri Kigali Boss Babies uri muri Nigeria, agiye kongera kujya imbere y’abantu avuga icyongereza none amasomo ayamereye nabi

Aliah Cool wo muri Kigali Boss Babies agiye kongera kujya imbere y’abantu avuga icyongereza none amasomo ayamereye nabi.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Aliah Cool uri kubarizwa muri Nigeria, agiye kongera kujya imbere y’abantu avuga icyongereza.

Nyuma y’uko yatanze igihembo muri Trace Award akaza gusiga inkuru imusozi, yafashe icyemezo ko bitazongera kumubaho ukundi.

Avuga ko ari gusubiramo ibyo azavuga imbere y’abantu ubwo azaba ari mu itangwa ry’ibihembo bizwi nka Great Achiever Award 2023.

Yagize ati: “Ubu ndigusubiramo speech ngo ejo ntazabasebya.”

 

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ingabo z’u Rwanda n’iza Tanzania zatanye mu mitwe mu mikino wa gicuti bakiranurwa na penaliti [AMAFOTO]

Mbere y’uko yirira indege ijya muri Amerika, Bruce Melodie yavuze ku byo gukoresha amarozi kugira ngo abantu bamukunde bidasanzwe