in

Yamenye ko adakwiye guheranwa n’agahinda, Platini yagaragaye ari gususurutsa abafana be atitaye ku mihangayiko yisi(AMAFOTO)

Yamenye ko adakwiye guheranwa n’agahinda, Platini yagaragaye ari gususurutsa abafana be atitaye ku mihangayiko yisi(AMAFOTO)

Ku wa Gatanu tariki 5 Gicurasi 2023 nibwo aba banyeshuri bahuriye mu kigo cya GS Catholic Nyamata harimo n’abavuye muri APEBU Nyamata, bakimara kwigishwa ibijyanye no kwirinda SIDA bahawe n’ibitabo mfashanyigisho bibafasha kumenya byinshi kuri iki cyorezo ndetse banataramirwa n’umuhanzi Platini.

Mu bukanguramba bwaberaga i Bugesera Ubwo Platini yageraga ku rubyiniro yakiriwe neza n’aba banyeshuri maze atangira kubaririmbira zimwe mu ndirimbo ze zakunzwe na benshi zirimo nka ‘Veronika’, ‘Atansiyo’, ‘Ntabirenze’ yafatanije na Knowless’, ‘Shumuleta n’izindi’.

Platini kandi yanahaye impanuro abana b’abakobwa ko bakwiriye kujya bamaganira kure ababashukisha uduhenda bana bagamije kubashora mu busambanyi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya disi aroroye! Shazz wavuzwe mu ifungwa rya Davis D na Kevin Kade yagaragaye ari kumwe n’itungo rye – AMAFOTO

Benshi ukunda ntibagaragayemo: Menya abakinnyi 11 beza baraye batangajwe muri Shampiyona y’igihugu cy’u Bwongereza