in

Yahise asaba imbabazi: Umukinnyi watsinze APR FC igitego gitumye itarara ku mwanya wa mbere yanze kucyishimira kubera ibintu iyi kipe yamukoreye -AMAFOTO

Yahise asaba imbabazi: Umukinnyi watsinze APR FC igitego gitumye itarara ku mwanya wa mbere yanze kucyishimira kubera ibintu iyi kipe yamukoreye.

Mu mukino wahuzaga ikipe ya APR FC n’ikipe ya AS Kigali urangiye amakipe yombi aguye miswi nyuma yo kunganya igitego kimwe kuri kimwe n’umukino Ishimwe Fitson wahoze mu ikipe ya APR ikaza kumutiza muri AS Kigali yatsinzemo igitego cyo kwishyura ariko uyu musore birangira atishimiye iki gitego mu rwego rwo kubaha ikipe ya APR FC yamuhaye byose yifuzaga.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Birahura neza: Uburyo wicaramo bigusobanura wowe wa nyawe bidasabye ko wisobanura

“Natwe mudusengere dutahe” Bamporiki Eduard wabyaye Titi Brown muri Batisimu ubwo bari bafunganwe i Mageragere, yamuhaye umukoro utoroshye wo gukorera hanze ya Gereza