in

Yahemberwaga gufasha abandi imyitozo no kubasetsa none ubu ntibigikenewe! Umukinnyi wa kabiri APR FC imaze kumubwira ko ibyo yabahaga yabijyana ahandi bikenewe ko bo ntacyo bari gufataho

Yahemberwaga gufasha abandi imyitozo no kubasetsa none ubu ntibigikenewe! Umukinnyi wa kabiri APR FC imaze kumubwira ko ibyo yabahaga yabijyana ahandi bikenewe ko bo ntacyo bari gufataho.

APR FC yamaze kurekura undi mukinnyi utarigeze agaragara mu kibuga cyane.

Nsengiyumva Ershad yarekuwe na APR FC nyuma yo kuzana abanyamahanga bakora itandukaniro.

Ershad yahise aba umukinnyi wa kabiri iyi kipe irekuye nyuma ya Nizeyimana Djuma wayigezemo avuye muri KIYOVU SPORTS.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu ari so wamukorera iki? Nge nazajya menya ko namuhinduriye ibara ry’umusatsi buri kwezi kuko kumirwa byaba byaravuye ho, Abantu bacitse ururondogoro nyuma y’umusaza rukukuri ukina Filime ukomeje guca impaka, afite n’iherena mu zuru

Shampiyona y’u Rwanda igiye kwerekenwa na Television mpuzamahanga nyuma yaho RBA yarushyaga abakunzi b’umupira w’amaguru kandi itishyura amafaranga menshi