in

“Yagiye kwiyogosheha ashyira mo n’agahimano” Umuhanzi ukomeye y’atangaje ko yitegura gukora ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye(Secondary)

“Yagiye kwiyogosheha ashyira mo n’agahimano” Umuhanzi ukomeye y’atangaje ko yitegura gukora ikizamini cya Leta gisoza amashuri yisumbuye(Secondary)

Ku munsi w’ejo nibwo umuhanzi Kirikou Akili  yatangaje ko azakora ikizamini cya leta gisoza amashuri yisumbuye, ibi yabitangaje binyuze kuri Facebook ye.

Kirikou uherutse gukorana indirimbo na Chriss Eazy yasabye abantu ko bamwifuriza amahirwe masa mu kizamini cya leta azakora ku munsi w’ejo.

Kirikou Akili ni umwe mu bahanzi bakiri bato umuziki w’uburundi ufite ndetse ari no mu bahanzi bake bakoranye indirimbo na Bruce Melodie.

Indirimbo aba bahuriye mo yitwa inzoga n’ibebi byifatanyije n’uwitwa Double Jay gusa mu nyuma iyi ndirimbo baje kuyica mu gihugu.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bidukorere Dalilah! Abafana bagiye ku mavi ngo haaland bamukore nk’ibyo bakoze Samusoni

Mu buryo budasubirwaho ikipe ya Rayon Sports yamaze kurangizanya na rutahizamu karundura wakoze amateka muri Shampiyona y’iwabo abantu bose baratangara