in

Yagiye kurya aye yiturije! Bijoux wo muri Bamenya yagiriye ibihe byiza muri Château Le Marara, hotel ifite imiterere mvaburayi yubatse mu nkengero za Kivu – VIDEWO

Yagiye kurya aye yiturije! Bijoux wo muri filime ya Bamenya yagiriye ibihe byiza muri Château Le Marara, hotel ifite imiterere mvaburayi yubatse mu nkengero za Kivu.

Aline wamenyekanye cyane ku izina rya Bijoux akina yitwa muri filime y’uruherekane izwi nka Bamenya Series, yagaragaye ari kuryoherwa n’ubuzima mu nkengero z’ikiyaga cya Kivu.

Ni amashusho Bijoux yashyize ku rukuta rwe rwa Instagram, aho yagaragaye ari mu mazi ari hafi ya hotel igezweho ni Château Le Marara iri mu nkengero z’Ikiyaga cya Kivu.

Bijoux yari amaze iminsi avugwaho inkuru zitari nziza kuko nyuma yo gutandukana n’umugabo we Sentore, yahise yibaruka umwana bivugwa ko Sentore atari se.

VIDEWO:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yarize amaso aratukura! Bahavu Jeanette yananiwe kwifata ubwo yageragezaga kuvuga ku kiganiro yagiranye n’umugore wa Nyakwigendera Pastor Theogene Niyonshuti (VIDEWO)

Arakora cyikaza pe! Bishop yaraye atera akabariro n’umugore w’umuvugabutumwa ubyaye Gatanu ni uko maze uyu mugore aza kubyuka yitabye Imana kubera ibyo yaraye akorerwa na Bishop we