in

“Yadusabye kuvuga urukundo rwa kristu “NGAGA wabanye na Buravan muri korali kingdom of God yahishuye byinshi kuri we (video)

Umuhanzi Yvan Buravan watangiriye umuziki muri korali yitwa kingdom aho benshi mu babanye nawe muriyi korali baherutse ku mutaramira nkuko yabyifuje akiri muzima.

NGAGA wabaye umuyobozi wa burabyo ubwo yaririmbaga muri kingdom yavuze ko Buravan yasabye kuzavuga ubuntu bwa kristu ku munsi azaba atakiriho.

Mu magambo ye Ngaga yahishuye ko Buravan yaramaze iminsi abasaba gukora ubukwe ndetse ko yarakunze kubabwira azakora ubukwe mbere yabo.

https://www.instagram.com/reel/ChepWVxqGWp/?igshid=YmMyMTA2M2Y=

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Umuzamu uri mu bakomeye mu Rwanda yasinye mu ikipe yo hanze

Umuryango wa Yvan Buravan wateguye umugoroba wo kumwibuka ||Menya aho uzabera