in

Yaburiye mu myotsi! Wa mukobwa wagaragaye akora ibiterasoni n’umugabo mu ruhame, yaburiwe irengero

Wa mukobwa wagaragaye akora ibiterasoni n’umugabo mu ruhame, yaburiwe irengero.

Mu kwezi gushize nibwo ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hasakaye amashusho y’umugabo n’umukobwa bari bari gukora ibiterasoni mu ruhame.

Nyuma y’iminsi mike uwo mugabo yaje gutabwa muri yombi gusa umukobwa we ntiyabonetse.

Mu kiganiro n’itangazamakuru, Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry yavuze ko uwo mukobwa yaburiwe irengero aho banabajije uwo mugabo bari kumwe akababwira ko atamuzi.

Thierry asaba ababa bazi uyu mukobwa kubagana akabaha amakuru yakwifashishwa mu kugenza icyo cyaha.

Kugeza ubu uwo mugabo yamaze gusabirwa kuba afunze iminsi igera kuri 30.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanda wari uw’ibinyabiziga ubu wabaye nk’icyiyaga: Umuhanda wo mu nzove wegereye umugezi wa Nyabarongo washyizwemo ubwato imodoka baba bazibitse(AMAFOTO)

Akabo kashobotse! Kigali abajura bafashwe batari barenga umutaru nyuma yo kujya bibisha amayeri adasanzwe (AMAFOTO)