in

Yabujijwe kujya gukinira ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa: Usengimana Danny yavuze amabi aba mu mupira w’amaguru mu Rwanda ashinja ikipe ikomeye mu Rwanda ibintu byatunguye benshi (Ukuri yashyize hanze)

Yabujijwe kujya gukinira ikipe yo mu cyiciro cya mbere mu Bufaransa: Usengimana Danny yavuze amabi aba mu mupira w’amaguru mu Rwanda ashinja ikipe ikomeye mu Rwanda ibintu byatunguye benshi

Rutahizamu wabiciye bigacika mu makipe akomeye cyane hano mu Rwanda arimo APR FC na Police FC ndetse na Singida yo muri Tanzania Usengimana Danny uherutse guhagarika gukina ruhago nk’uwabigize umwuga nk’uko yabisezeranyije abantu yatangiye kuvuga ukuri ku bintu bibi biba mu mupira w’amaguru hano mu Rwanda.

Danny yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be ubutumire yahawe n’ikipe ya FC Nantes yo mu cyiciro cya mbere mu gihugu cy’u Bufaransa ‘Ligue 1’ ariko bikarangira ikipe ya Police FC yakiniraga yanze kumuha Release Letter byanatumye afata umwanzuro wo kwisangira umugore we muri Canada.

Ibyo Usengimana Danny yatangaje avuga ko ari episode ya mbere atangiye izindi mu minsi mike aratangira kuziha abanyarwanda:

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yamuhobeye yanga kumurekura! Umuhanzi Kenny Sol akigera ku kibuga k’indege yakiriwe n’umukunzi we – Amashusho

“Sinzi niba ari umwiga wasifuye hano” Umutoza wa Rayon Sports Mohamed Wade yanenze umusifuzi aho yamugereranyije n’uwiga