in

Kabaye: Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi Simi aravumira ku gahera igihugu cye cya mubyaye

Kabaye: Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi Simi aravumira ku gahera igihugu cye cya mubyaye.

Simisola Bolatito Kosoko wamamaye cyane ku izina rya Simi akomeje kubabazwa bikomeye n’imibereho y’igihugu cye Nigeria bitewe nizamuka ry’ibikomoka kuri Peterori.

Simi yifashishije urubuga rwe rwa Twitter yagaragaje ko Nigeria ikomeje kumumenera umutima gake gake arangije agira ati :”Ese ni gute umuntu yabohoka?”.

Uyu muhanzi yiyongereye kubarimo Burna Boy nawe uherutse kubwiza ukuri Perezida wa Nigeria Bola Tinubu amusaba kureka gushishikazwa n’intambara yo muri Niger ahubwo agashaka umuti w’ikibazo cy’izamuka ry’ibikomoka kuri Peterori rikomeje gutuma ubuzima buhenda muri iki gihugu.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Gabriella! Umwana w’imyaka 9 wo mu karere ka Karongi akomeje kubabaza abatari bake kubera ukuntu yisanze mu Kivu akaza no gupfiramo kandi iwabo bari bamutumye kujya gutashya

Kigali: Amashusho y’urukozasoni yatumye umugore n’umugabo we bisange mu rukiko birangira umugabo anasabiwe kujyanwa i Mageragere muri gereza