in

Yabikoze akigerayo ataranaruhuka! Uwicyeza Pamela akoreye ibitangaza mu gihugu cya Uganda -Amafoto

Umunyarwandakazi wabaye Nyampinga w’u Rwanda akaba ari n’umugore wa The Ben yakoreye ibirori by’agatangaza i Washington DC muri Leta Zunze ubumwe za Amerika.

Ni mu gihe uyu mu gore yerekeje I Washington DC muri Leta zunze ubumwe z’Amerika, asanzeyo umugabo we The Ben wamaze kugerayo aho bitariye RWANDA Day.

Uwicyeza Pamela akigerayo yahise ahakorera ibirori byo kwizihoza umunsi we w’amavuko.

Reba amafoto.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nubwo ikipe ariye ariko ntiyayitwara uko ashatse! FERWAFA yahaye gasopu KNC uherutse gutangaza ko agiye gukura Gasogi United abereye Perezida muri shampiyona

Romario yatangaje ko habura igihe gito itangazamakuru akaritera umugongo