in

Romario yatangaje ko habura igihe gito itangazamakuru akaritera umugongo

Gakuba Félix Abdul-Jabar wamenyekanye ku bitangazamakuru bitandukanye mu biganiro by’imikino birimo ibyo kuri Contact FM, City Radio,Voice Of Africa Radio, Azam TV ndetse na  Isango Star agikorera nubu.

Abinjujije ku rukuta rwe rwa Facebook yatangaje ko igihe cyigeze ngo asezere uyu mwuga w’itangazamakuru.

uyu ni umwuga avuga ko amazemo imyaka 19 kuko yawutangiye muri Mutarama 2005.

Amagambo yanditsemo kuri Facebook ye yagize Ati “Imyaka 19 irashize. Ndibuka umukino wa mbere nogeje, wari Champions League hagati ya Darling Club Motema Mapembe na Rayon Sports i Kinshasa. Umukino nawogereje chez Robert. Nsigaje umwaka umwe, micro nkayisigira abandi. 20 izaba ihagije da.”

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yabikoze akigerayo ataranaruhuka! Uwicyeza Pamela akoreye ibitangaza mu gihugu cya Uganda -Amafoto

Ikipe ya APR FC ikubitiwe ku itara Police FC yitabaza abapolise uruhuri