in

“Yabikoze abishaka” Nta guca ku ruhande, Umutoza wa Rayon Sports yemeje ko umukinnyi wa Gorilla Fc wamukandagiye ko yabikoze abishaka

“Yabikoze abishaka” Nta guca ku ruhande, Umutoza wa Rayon Sports yemeje ko umukinnyi wa Gorilla Fc wamukandagiye ko yabikoze abishaka.

Umutoza wa yaje guhura n’uruva gusenya kuko yaje kuvunikira mu kino wa Rayon Sports na Gorilla Fc.

Ubwo umukino wari ugeze ku munota wa 87, umukinnyi wa Rayon Sports yarengeje umupira noneho uyu mugabo ashaka kuwufata ariko umupira ukubita kuri ’bench’ usubira mu kibuga agenda awukurikiye ashaka kuwufata, nibwo yahuye na rutahizamu wa Gorilla FC, Camara wamukandagiye ku kirenge (uburyo byabayemo ntiwakemeza niba yabishakaga cyangwa atabishakaga), undi yahise yikubita hasi aza kwitabwaho n’abaganga.

Zelfani nyuma y’uyu mukino yavuze ko bamubwiye ko imvune ye ari ikibamico yakinaga ntacyo yabaye kandi yababaye, aho yemeje ko umukinnyi wa Gorilla yabikoze abishaka.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hategekimana Bonheur kuzasubira mu kibuga bizagorana kubera impamvu ikomeye itarimo no kwishimirwa n’ubuyobozi bwa Rayon Sports

Hari hahiye! Ku myaka ye 4 gusa, umukobwa wa Young Grace yeretswe urukundo n’abana bagenzi be ku munsi we w’amavuko bamuha impano zitagira uko zingana (AMAFOTO)