in

Yabaye umwarimu w’ubuzima! Amagambo Titi Brown yavuze nyuma yo kuva muri gereza akomeje kuba nk’urukingo (Umva ayo magambo)

Umubyinnyi Titi Brown nyuma yo kuva muri gereza ya Mageragere amazeyo imyaka igera muri ibiri akaza kugirwa umwere akomeje gutanga isomo ry’ubuzuma kuri benshi.

Mu kiganiro yagiranye na Isimbi Tv amagambo yavuze ko ariyo agenderaho mu buzima akomeje gukundwa cyane.

Yagize ati:”Ntiba utamfasha kwegerana n’Imana, ntiba utamfasha kubona ibyishimo, ntiba utamfasha cyangwa ngo unyereke inzira zo kubona amafaranga, ntabwo nkukeneye nk’inshuti yange”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Willy Essomba Onana mu ikipe ya Simba yahuye n’uruva gusenya none ari gusaba ubufasha -AMAFOTO

Umuriro wari watse: Amafoto y’uburyo byari bimeze ubwo ikipe y’igihugu y’u Bufaransa yatsindaga ibitego 14 -AMAFOTO