in

Yababwije ukuri: Umutoza ushinjwa kwanga Rayon Sports kubera ibintu akunda kuyikorera yagize icyo atangariza abamushinja ibyo bintu 

Yababwije ukuri: Umutoza ushinjwa kwanga Rayon Sports kubera ibintu akunda kuyikorera yagize icyo atangariza abamushinja ibyo bintu.

Umutoza Gatera Moussa wanyuze mu makipe nka Espoir FC ubu akaba ari umutoza mukuru w’ikipe ya Gorilla FC nyuma y’uko abantu bakomeje kubona ko iyi kipe ikomeje kubuza Rayon Sports kubona amanota atatu bagiye batangaza y’uko Gatera Moussa ashobora kuba yanga Rayon.

Gatera Moussa nyuma y’umukino yanganyijemo n’ikipe ya Rayon Sports yaganiriye n’abanyamakuru maze agira ati :”Ngewe ntabwo nanga Rayon Sports ahubwo nkunda intsinzi”.

Uyu mugabo akomeza avuga ko mu buzima bwe yanga gutsindwa akaba ari nabyo bituma abantu bavuga ko ashobora kuba yanga Murera kubera ko akunze kuyibuza amanota atatu gusa we wemeza ko atanga Rayon Sports ahubwo akunda intsinzi kurusha ibindi bintu.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Wishyurire umuntu ishuri agutange guhura na Perezida?”: Umugabo wishyuriye ishuri Bruce Melodie yagaragaje imbamutima ze nyuma yo kubona uyu muhanzi aramukanya na Nyakubahwa Perezida Paul Kagame

Amafaranga ahembwa abishatse yahembamo ikipe yose agasangura: Hamenyekanye umubare w’amafaranga Bindjeme utajya ukandagira mu kibuga ahembwa ndetse nayo yaguzwe gusa ingano yayo niyo iteye ubwoba