in

Ya marushanwa yo gutera akabariro yari ategerejwe na benshi yajemo kidobya ku munota wa nyuma 

Ya marushanwa yo gutera akabariro yari ategerejwe na benshi yajemo kidobya ku munota wa nyuma

Nyuma y’ibyavuzwe hemezwa ko mu gihugu cya Suede imyiteguro irimbanyije ya shampiyona y’imibonano mpuzabitsina, abenshi bagakuka imitima, yarahagaritswe.

Mu ntangiriro z’icyumweru gishize nibwo inkuru yavuye i Gothenburg ho muri Sweden ku mugabane w’ i Burayi yemeza ko igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina cyemejwe nka siporo isanzwe. Bityo, hahise hategurwa shampiyona yayo yitwa European Sex Shampionship kugira ngo abantu bidagadure nkuko babigenza ku mikino yindi.

Imyiteguro yo kwakira iyo shampiyona ku nshuro ya mbere yarakozwe, ngo yari gutangira ku wa 08 Kamena, ariko yahagaritswe ku munota wa nyuma.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho: Gacinya Deny Ferwafa iramushinja ubunyangamugayo

Byari bishimishije: Young Grace n’umukobwa we Diamante batwitse imbuga nkoranyambaga nyuma y’amashusho bari guhinga(Amafoto+Videwo)