in

“Wowe uri akuzukuru kuri we” Umunyamakuru Aissa Cyiza yateje impagarara kuri Twitter nyuma y’uko hari umusore wamusabye ko bakora ubukwe yabyanga nyamusore agahita agana iy’ubutabera

Umunyamakuru Aissa Cyiza yateje impagarara kuri Twitter nyuma y’uko hari umusore wamusabye ko bakora ubukwe yabyanga nyamusore agahita agana iy’ubutabera.

Ku rubuga rwa Twitter hakomeje gutangwa ibitekerezo bitandukanye ku busabe bw’umusore wihebeye umunyamakuru Aissa Cyiza.

Uwitwa Kemanique ku rubuga rwa Twitter yasabye Aissa Cyiza ko bakora ubukwe yabyanga akagana iy’ubutabera.

Aissa nawe yamubwiye ko bagomba kubukora ko uyu mwaka utari buze kubasiga batabukoze.

Ababonye ibyo bagize icyo batangiza aho babwiye uyu musore ko ari umwuzukuru.

 

Written by GUTER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibibazo biragwira: Umukobwa ukora akazi k’uburaya yavuze akaga bahura nako iyo basanze abahungu banyweye ikinini (Video)

Yabaguriye rimwe! Mu ibanga rikomeye cyane Rayon Sports yaguze abakinnyi b’abanyamahanga 3 icyarimwe