in ,

“Wowe ukize inzu nziza n’imodoka ufite biri hehe nk’abandi se?” Shaddy Boo yihaye ibyo kubwira abantu ko impamvu badatera imbere ariko bajagaraye maze nawe bamwibutsa ko abo bari mu kigero kimwe bujuje inzu zigeretse

“Wowe ukize inzu nziza n’imodoka ufite biri hehe nk’abandi se?” Shaddy Boo yihaye ibyo kubwira abantu ko impamvu badatera imbere ariko bajagaraye maze nawe bamwibutsa ko abo bari mu kigero kimwe bujuje inzu zigeretse

Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo binyuze ku mbuga nkoranyambaga yongeye kuvugisha abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo kuvuga ko abantu bakena ari uko baba bajagaraye.

Yagize ati: “Impamvu mudateze gutera imbere ni uko mutazi ibyo mushaka, injagarazi gusa.”

Nyuma yubu butumwa hari abananiwe kwihangana barangije bamusaba kugira icyo yerekana kemeza ko yateye imbere niba koko we atajagaraye nk’abandi ngo kuko abateye imbere barabyerekana.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bwiza yatangaje itariki azashyirira hanze album ye

‘Burya abyiruye abahungu babiri basa na we kubi’ Bulldogg yagaragaye mu ishusho nziza ya kibyeyi ubwo yari ateruye abana be b’abahungu afata nk’umugisha Rurema yamugabiye [AMAFOTO]