in

“Wowe ufite nyash ihengamye” Cynthia Naissa ukora ibiganiro by’imikino kuri RBA, yahawe urwamenyo nyuma yo kuvuga ko asa nk’umukobwa w’ikizungerezi uri kwifashishwa mu kwamamaza imyambaro y’ikipe ya Young  SC – AMAFOTO 

Umunyamakuru Cynthia Naissa ukora ibiganiro by’imikino kuri RBA, yahawe urwamenyo nyuma yo kuvuga ko asa nk’umukobwa w’ikizungerezi uri kwifashishwa mu kwamamaza imyambaro y’ikipe ya Young Africans S.C.

Ku mbuga nkoranyambaga hari gucicikana amafoto y’umukobwa w’ikizungerezi wifashishije mu kumurika imyambaro mishya Young Africans yo muri Tanzania izakoresha mu matsinda ya CAF Champions League 2023-24.

Nyuma y’aya mafoto, Cynthia Naissa ubu uri kuri Radio y’abaturage ya Rubavu, yahise agira ati “Kuki mutambwiye ko mfite impanga? Uyu mukobwa turasa pe.”

Akimara gutangaza ibi, abamukurikira bahise bamuha urwamenyo:

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imfura ye ubu ifite imyaka 11! Alliah Cool yataye abana babiri bakuze umuhungu n’umukobwa, abatana umugabo ajya kwishakira undi mugabo – Amafoto 

Azi gushotorana: Umukinnyikazi wa filime nyarwanda Pelly abyutse yerekana icyo izindi nkumi zihisha -AMASHUSHO