in

Wowe ntago biri butinde kugira ngo wisange i Mageragere :Umukobwa wagaragaye yambaye nka Eva muri Edeni abantu bakomeje kuvuga ko atamara hanze kabiri atarajya i Mageragere kuko hari benshi bahaniwe ibyo yakoze (AMAFOTO) https://wp.me/p7ovfz-1936

Wowe ntago biri butinde kugira ngo wisange i Mageragere :Umukobwa wagaragaye yambaye nka Eva muri Edeni abantu bakomeje kuvuga ko atamara hanze kabiri atarajya i Mageragere kuko hari benshi bahaniwe ibyo yakoze (AMAFOTO)

Ni mu Mafoto yanyujije ku rukuta rwe rwa Instagram aho uyu mukobwa afite Amafoto menshi amugaragaza yambaye ubusa.

Uyu mukobwa ndetse aherutse kugaragara mu mashusho y’indirimbo yitwa tap & go ya Khalifan ndetse na Afrique.

Gusa unyujije amaso mu babonye Amafoto yuyu mukobwa bamugiriye inama yo kuyasiba cyane ko kwambara ubusa atari byo bizatuma amenyekana cg ngo akundwe.

 

Nyuma yababonye aya Mafoto ye Dore bimwe mu byo yabwiwe.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa w’imyaka 20 yiyahuje igitenge cye kubera umusore bakundanaga

“Nzarongorwa n’inshuti yange magara” Pamella akomeje kugaragaza ko yishimiye kuba agiye kurongorwa na The Ben