in

“Wowe cyaraguhombeye”: Killa Man imbere ya mikoro yabwiye Miss Nyambo ko igitsina cye cyamuhombeye nyuma yo kumenya amakuru y’umukobwa cyabereye igishoro

“Wowe cyaraguhombeye”: Killa Man imbere ya mikoro yabwiye Miss Nyambo ko igitsina cye cyamuhombeye nyuma yo kumenya amakuru y’umukobwa cyabereye igishoro.

Umushoramari muri sinema nyarwanda ndetse akaba n’umuhanga mugukina filime Killa Man ubwo yari mu kiganiro kuri MIE Impire aganira n’umunyamakuru Murindahabi Irene yabwiye Miss Nyambo bari kumwe ko igitsina cye cyamuhombeye kubera ko icya Alliah Cool cyatumye yubaka etaje.

Killa Man yabwiwe na Irene ko etaje Alliah Cool yubatse yabifashijwemo na filime imwe gusa yashyize hanze maze arangije abaza Miss Nyambo bari bicaranye niba afite inzu amubwira ko ntayo afite nuko Killa Man aramwitegereza aramubwira ati:”Byaraguhombeye”.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Biratangaje: Abagabo bibye amafaranga ya Perezida yari yitsimbiye mu rwuri bamaze gucakirwa

Murindahabi Irene yiyamye Bruce Melodie uri gucura umugambi mubisha wo kwica ubukwe bwa The Ben na Miss Uwicyeza Pamella