in

Willy Essomba Onana ari mu gahinda gakomeye kubera ibyo bakorewe mu kanya gashize

Kuri uyu munsi mu guhycya Tanzania nibwo shampiyona y’icyiciro cya mbere yari yakomeje aho amakipe ahora ahangaye hagati ya Simba na Yanga FC zari zakinnye.

Ni umukino wari utegerejwe na benshi bitewe n’ukunu ayo makipe yombi afite abafana benshi cyane muri icyo gihugu.

Hari hashize igihe ikipe ya Yanga FC idaheruka gutsinda ikipe ya Simba kuri ubu yayigobotoye iyinyagira ibitego bitanu kuri kimwe.

Kugeza ubu Yanga FC yahise ifata umwanya wa na amanota 21 mu gihe Simba iri kumwanya wa gatatu n’amanota 18 hagati ku mwanya wa kabiri hari ikipe ya Azam n’amanota 19.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Wa mu motari wa Nyakabanda abajura baherutse gukura amenyo 6, bagarutse bamwiba na moto

Ya nkoko iri iwabo kwihagararaho byanze bayipfura amababa! AS Kigali yabambiwe i Kigali na Sunrise FC