in

“We se iyo agiye muri rokare aranjyana” Muyango Cloudine ntakozwa ibyo kujyana umugabo we Kimenyi Yves aho aba yakoreye ibiro byo kunezeza abakire bafite ayabo baba bakeneye abari bateye neza nka Muyango

“We se iyo agiye muri rokare aranjyana” Muyango Cloudine ntakozwa ibyo kujyana umugabo we Kimenyi Yves aho aba yakoreye ibiro byo kunezeza abakire bafite ayabo baba bakeneye abari bateye neza nka Muyango.

Mu kiganiro yagiranye na MIE ku muyoboro wa YouTube, Muyango Cloudine ntakozwa ibyo kujyana umugabo we Kimenyi Yves aho aba yakoreye ibiro byo kunezeza abakire.

Kuri ubu Muyango Cloudine asigaye ari mu bantu bahositinga mu tubari tugiye dutandukanye.

Ubwo yari ari mu kiganiro yabajijwe niba ajya ajyana umugabo we aho aba yahositingiye (hosting) ni uko maze abihakana yivuye inyuma.

Yabahakanye mu mvugo itebya aho yahise uvago ko na we batamujyana miri locale ko bitari ngombwa rero ko na we amujyana aho yahositingiye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ntabwo inyerera! Bigendekera gute umugabo mu gihe yaryamanye n’umugore udafite ububobere?

Igikorwa wakoze nta bugabo burimo pee! Umwana Bruce Melody yabyaranye n’umukobwa wahoze ari umukozi wo mu rugo muri 2015 nyuma akaza kumwihakana akomeje kuvugisha benshi