in

Wasanga na we utabizi: byatangajwe ko gukora ku mabere y’ab’igitsinagore byongerera iminsi yo kubaho abagabo

Kimwe mu bintu bitera akanyamuneza abagabo ni ukureba amabere y’abagore, ndetse abahanga bagaragaza ko iyo umugabo agikubita amaso umuntu w’igitsinagore igikurikraho ari uguhita areba aho amabere aherereye. Hifashishijwe ubushakashatsi bwasohotse muri 2012 mu kinyamakuru international medicine byemejwe ko kureba amabere y’abagore byongerera abagabo igihe cyo kubaho.

Ikinyamakuru the sun nacyo cyemeje ko ubwo bushakashatsi ari ukuri, kuko iyo abagabo barebye amabere y’abagore bibatera akanyamuneza, icyo kikaba kimwe mu bigira uruhare mu kuramba kw’umuntu. Iki kinyamakuru cyakoze ubwo bushakashatsi nyuma yo gusanga impuzandengo yo kuramba ku isi ku bagabo ari imyaka 79 mu gihe ku bagore ari imyaka 82 bakaba barifuzaga kumenya ku bagabo icyatuma iminsi yabo nayo yiyongera.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kirehe Fc yasinyishije Matampi igihe kingana n’imyaka ibiri

Mu mafoto: Ihere ijisho uko Kayumba Darina na Ema Pascaline baserutse mu gitaramo cy’imideli cya Bianca Fashion Hub