in

Kirehe Fc yasinyishije Matampi igihe kingana n’imyaka ibiri

Ikipe ya Kirehe Fc ikomeje kwiyubaka aho yasinyishije umuzamu wari warayihozemo akaza kuyivamo uzwi ku izina rya Matampi.

Kirehe Fc yasinyishije Habimana Idirissa uzwi ku izina rya Matampi akaba ikina mu izamu, aho aje gufasha iyi kipe kureba ko itajya itsindwa ibitego byinshi.

Habimana Idrissa yasinye amasezerano y’imyaka igera kuri ibiri muri iyi kipe ya Kirehe Fc ifashwa n’akarere ka Kirehe.

Habimana Idrissa ni umuzamu ubimazemo igihe kinini akaba agarutse muri iyi kipe ya Kirehe Fc nyuma yo kuyivamo. Akaba yahawe numero 71.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzikazi Fearless Keza arembeye mu bitaro

Wasanga na we utabizi: byatangajwe ko gukora ku mabere y’ab’igitsinagore byongerera iminsi yo kubaho abagabo