in

Wamuyobozi wasomye umukinnyi yafashe ikimezo cya kigabo nubwo kitemerankwaho na bose

Wamuyobozi wasomye umukinnyi yafashe ikimezo cya kigabo nubwo kitemerankwaho na bose

Umuyobozi w’ishyirahamwe ry’umupira wa maguru muri Espagne, akaba n’umuyobozi wungirije wa EUFA, Rubiales yatangaje ko yeguye ku mirimo yari ashinzwe.

Ibi yabikoze kubera igitutu yari amaze iminsi ariho kubera gusoma umukobwa w’umukinnyi ubwo batwaraga igikombe k’isi mu bagore ku nshuro yambere.

Yavuze ko kandi kuba yeguye ari ukubera ingaruka zibyo yakoze kuko byatangiye no kugera ku muryango we.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

KNC yashinyaguriye APR FC izakina n’ikipe y’ubukombe muri Afurika ayizeze ibisa nko guhekenya amagufwa

Cyuzuyemo amazi! Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje kuzenguruka amashusho y’ikiremwa kidasanzwe ari guca ibintu – VIDEWO