in

wambereye Rihanna, Umunyarwandakazi agiye kurongorwa na Chris Brown

Ibi byazamuwe nuko hari ifoto yasangije abamukurikira ari mu bituza bya Chris Brown usanzwe akundwa n’abakobwa benshi cyane ku isi ndetse abajijwe niba ari Chris Brown koko wanyawe nawe ahita asubiza ko ari Chris Brown mubona kuri televisions ndetse ko ari umukunzi we.

Paullo ati:”Oya se uyu ni Chris Brown Atete.” Undi na we amusubiza atazuyaje ati: ”Yego ni umukunzi wanjye.”

Mu minsi itambutse, Atete yasangije abamukurikira amafoto arimo n’iyo ari i Hollywood ku musozi w’imyidagaduro ahatunganyirizwa filime n’indirimbo zihiga izindi ku isi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Amashusho y’umugabo wakoreye ibiteye isoni mu nama y’abayobozi kuri internet

Uko abatoza bo muri shampiyona y’u Rwanda bakurikirana mu guhembwa umushahara mwiza, uwa Rayon Sports ari ku mwanya watunguye benshi