in

Ese koko ibyo bashinjwa ni ukuri? Alliah Cool na bagenzi be bongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga gusa bashinjwa kwambara nk’abantu bagiye gushyingura -AMAFOTO

Ese koko ibyo bashinjwa ni ukuri? Alliah Cool na bagenzi be bongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga gusa bashinjwa kwambara nk’abantu bagiye gushyingura.

Umuherwekazi Alliah Cool yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yasangije abakunzi be amafoto meza cyane amugaragaza ari kumwe na bagenzi be bagize itsinda rya Kigali Bossi Babies gusa burya ngo ntawushimwa na bose kuko hari umuntu wabibasiye avuga ko bambaye nk’abantu bagiye gushyingura.

Amafoto:

Amwe mu magambo abantu bagiye batangaza nyuma yo kubona aya mafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Hari igihe umuhungu ashobora guterura ibyuma ariko mu mutwe ari tetevide! Mama Nick abwiye Miss Nyambo ibiranga umugabo agomba kuzashaka araseka aratembagara

Disi birababaje! I Nyarugenge hakozwe umukwabo wo gufata inzererezi zitagiraho kuba hasangwamo abakobwa batwite n’abandi bafite impinja