in

Wagira ngo ntabwo ari umuntu usanzwe babonye: Reba uko byari byifashe ubwo Mbappe yageraga muri Cameron (Video)

Wagira ngo ntabwo ari umuntu usanzwe babonye: Rutahizamu w’ikipe ya Paris Saint Germain yo mu gihugu cy’u Bufaransa Kylian Mbappe yageze muri Cameron yakiranwa urugwiro.

Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Bufaransa Kylian Mbappe ari mu gihugu cya Cameron aho papa we avuka akaba ari ubwa mbere uyu musore ageze muri iki gihugu.

Biteganyijwe ko Kylian Mbappe azamara iminsi igera kuri itatu ari muri Cameron aho yajyanywe n’ibikorwa byo gufasha.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

‘N’ubundi nta cyo yahindutse ho usibye inzobe yiyongereye’ Alliah Cool na we yinjiye mu mubare w’abakobwa bagwije imyaka muri Kigali nyuma yo kubona ifoto ye yo muri 2012 hakamenyekana n’imyaka yari afite icyo gihe

Nta n’umwe ishaka kurekura: Arsenal yongereye amasezerano abakinnyi bayifatiye runini (Amafoto)