in

“Wagira ngo ni ubwa mbere abonye intare” Umunyamakuru w’imikino Rigoga Ruth yabonye intare ibyishimo bimubana byinshi -Amashusho

Umunyamakuru w’imikino kuri tereviziyo Rwanda Rigoga Ruth  nyuma yakazi yanyujijemo ajya gutemberara mu kagera mu ntara y’uburasirazuba.

Mu gakabutura ndetse n’ishyati by’ibara rimwe ari mu modoka yishimiye kubona intare yo mu Kagera

Abinyujije kurukuta rwe rwa Instagram yashyizeho amafoto yafatuye mu Kagera arenzaho ijambo avuga ati: ” Reka mbe ndeba izi nyamanswa nzabigarukaho ejo”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ikihe kintu ubona rimwe mu munsi, ukakibona rimwe mu kwezi, ariko utabona mu mwaka? – IGISUBIZO

Yisanyuraga ibyana! Ifoto ya Safi Madiba kera akiba muri getto yatumiye abakobwa babiri bose ikomeje guhererekanywa ku mbuga nkoranyambaga