in

Wagira ngo ni muri paradizo: Irebere ahantu hateye ubwuzu Bruna Boy yakoreye ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko (Amashusho)

Wagira ngo ni muri paradizo: Irebere ahantu hateye ubwuzu umuhanzi Bruna Boy yakoreye ibirori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko.

Mu mashusho yacaracaye ku mbuga nkoranyambaga yagaragaje ahantu umuhanzi ukomeye cyane hano muri Afurika Damini Ebunoluwa Ogulu wamamaye cyane nka Burna Boy yizihirije ibirori by’isabukuru ye y’amavuko dore ko yujuje imyaka 32.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yakiriwe nk’ibikomerezwa! Bishop Rugagi yakiriwe mu buryo budasanzwe ubwo yageraga i Nairobi (AMAFOTO)

Rwatubyaye Abdul agiye guhura n’ikibazo gikomeye! Ikipe ya Rayon Sports yamaze gusinyisha IJIGO rigomba kwicaza Rwatubyaye Abdul