in

Wagira ngo bari mu kwa buki: Clapton Kibonke yongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga bitewe nibyo we n’umugore we bakoraga (AMAFOTO)

Wagira ngo bari mu kwezi kwa buki: Umunyarwenya Clapton Kibonke yongeye gutitiza imbuga nkoranyambaga bitewe nibyo we n’umugore we bakoraga.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze umunyarwenya ukomeye cyane hano mu Rwanda Clapton Kibonke yagaragaye yishimanye n’umugore we aho umwe yasomyaga undi ku binyobwa bari bafite mbese ubona ko aba bombi bari mu munyenga w’urukundo.

Amafoto:

Bimwe mu byo abantu batangaje nyuma yo kubona Kibonke yishimanye n’umugore we:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ruhango: Umugabo yatesheje agaciro imvune z’umubyeyi yisa se amukebye ijosi

Yanze kuri pfana: Diamond Platunmz yabwije inani na rimwe abantu bakomeje ku muharabika