in

“Wabishima ahise agusigamo Umunya-Tanzania mu nda” Anita Pendo yasabye ko Diamond nagera i Kigali bamuyobora iwe abana babo bakaba bakina na Tijara nawe ahita avuga ko azana abe

“Wabishima ahise agusigamo Umunya-Tanzania mu nda” Anita Pendo yasabye ko Diamond nagera i Kigali bamuyobora iwe abana babo bakaba bakina na Tijara nawe ahita avuga ko azana abe.

Anita Pendo amaze kumva ko Diamond ari munzira aza mu Rwanda Pendo yahise yandika agira ati “Mwiriwe ariko?? Hanyuma Diamond nagera i Kigali mumubwire azane abana be bakine na Tiran & Ryan ntakomeze kunaniza abana abagendana amajoro 🤣🤣🤣🤣.”.

Ubwo yamaraga kubyandika comments zabaye akayabo, na Tijara nawe ati “😂😂😂ndamubwira ubundi tuzane na Lizandra na Teta 😂😂😂”.

Abandi nabo bati” ubundi abakuru mube mukina iby’abakuru “,   undi ati” Wabishima agusizemo umunya-Tanzania”,    undi ati “Mukimbo cyo kurara muri hotel arare iwawe”… Soma comments.

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Aya mezi azajya kurangira bamwe baranguye! Korali y’abadive yahagaritswe amezi menshi kubera gutumira Islaeri Mbonyi ikomeje guteza impaka

Rayon Sports isize abakinnyi 5 bagombaga kujyana n’abandi mu mwiherero wo kwitegura Sunrise FC hatungurana 2 bari bitezweho umusaruro ushimishije